Minisitiri w’Intebe, Justin Nsengiyumva n'abandi bayobozi basuye umushinga wagutse w’Urugomero rwa Muvumba uherereye mu Karere ka Nyagatare, ukaba ari umwe…
Umuvunyi Mukuru, Madeleine Nirere, yagaragaje ko serivisi zitangwa na Leta zijyanye n’ubutaka, cyane cyane izo gutanga ibyangombwa byo kubaka, zikigaragaramo…
Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy'inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje gufata intera ikomeye, ku buryo yavuze ko "ari…
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yasabye abanyeshuri batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza gukora nta gihunga…
Ishuri ribanza ryigenga rya Saint Augustin ryizihije isabukuru y'imyaka 25 rimaze rishinzwe, rinashimira abanyeshuri baryo bitwaye neza ribasonera amafaranga y'ishuri…
Burera: Abakozi babiri bashinzwe Iterambere n’ubukungu mu Kagari (SEDO) ko mu Mirenge ya Cyanika n’uwa Rugengabare mu karere ka Burera, bakurikiranyweho kwaka ruswa abaturage ngo babahindurire icyiciro cy’Ubwisungane mu kwivuza,‘ Mutuelle…
Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy'inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje gufata intera ikomeye, ku buryo yavuze ko "ari icyorezo mu bindi", kuko kugeza muri Kamena 2026 zari zimaze…
Umuhanzikazi w'indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Diane Nkusi, yashyize hanze amashusho y'indirimbo ye nshya yise ‘Santa Israel’, avuga ko ari indirimbo yanditse mu 2012 ariko akayibika imyaka 14 mbere…
Umunyarwandakazi Kayitesi Sonia uzwi nka Dj Sonia mu kazi ko kuvanga imiziki, yatangaje ko yakorewe ihohoterwa ariko atarabona ubutabera mu myaka amaze aregera RIB. Ni amagambo yashyize ku mbuga nkoranyamba…
Perezida w'u Burundi yihanganishije abaturage bafite ibyabo byangirikiye mu isoko ry'i Ngozi…
Urukiko rwo mu Mujyi wa Berlin mu Budage rwakatiye igifungo cya burundu…
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaba ibitero bikomeye kuri Iran mu…
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero bikomeye ku bikorwa remezo bya…
Ibisasu byaturikiye hafi ya hoteli Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron, yari acumbitsemo…
Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze…
Nyuma y’uko abatavuga rumwe n’Ubutegetsi bwa RDC bakomeje kujegeza Tshisekedi, inshuti ye…
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Mojtaba Khamenei, yabujijwe kwitabira imihango yo gushingura…
Komisiyo y’Umutwe w’Abadepite ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) yanenze…
Komisiyo y'Umutwe w'Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'Imari n'Umutungo bya Leta (PAC) yagaragaje…
Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye rishinzwe Iterambere (UNDP) ryatangaje ko icyorezo cya Ebola gikomeje…




Abayobozi bakuru no mu nzego zitandukanye bitabiriye ibirori by'iyimikwa ry'Umutware w'abiyita Abagogwe b'Abakono mu Kinigi kuri ubu ntibari kugaragara mu…
Urubyiruko 158 rwo mu Karere ka Bugesera rwahawe impamyabushobozi n’ibikoresho by’imyuga nk’igishoro cyo gutangira imirimo, nyuma yo gusoza amasomo y’imyuga…
UPDATE: Umunyabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kimisagara, Charles Havuguziga yabwiye Umuseke ko imyirondoro y'uriya mugabo itamenyekanye. Ubutumwa bugufi yatwandikiye yagize ati…
Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko u Rwanda ruzakira ubwato bwa mbere bw’ibikomoka kuri peteroli bingana na toni ibihumbi 40…
Mu mihanda ya Kigali na Bugesera, abahatuye n’abahajyenda by’umwihariko abakunzi b’isiganwa ry’imodoka bazabona uko abahanga mu kuzicanira no kuzikata basiganwa.…

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice yasabye abasifuzi bato bari guhugurwa, kugira inzozi zagutse zirimo kugera…
Hossam Hassan utoza ikipe y’Igihugu ya Misiri, yavuze ko mu mukino batsinzwemo na Argentine ibitego 3-2, umusifuzi yabogamiye ku kipe…
Umukino utoroshye ubayemo ibitanga mu minota ya nyuma, Argentina ivuye inyuma itsinda Misiri yari yabonye ibitego 2-0. Ni umukino wari…
Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse…
Umuhanzi w’icyamamare mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana muri Tanzania, Harun Laston yageze mu Mujyi wa Kigali aho yatumiwe mu gitaramo…
Zion Temple Ntarama, rimwe mu matorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka itanu imaze ishinzwe,…
Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…
Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 078877281 Amwe mu mashuri ya Kaminuza zo mu Rwanda, yafashe icyemezo gikumira abanyeshuri biga…
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…
Impunzi z'Abarundi 95 zambutse umupaka uhuza u Rwanda n'u Burundi, zitashye iwabo ku bushake, kikaba ari icyiciro cya 65 cy'Abarundi…
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n'itoroshi nyuma y'uko umuriro umuburiyeho ari kuvuga ijambo mu Nteko Ishinga Amategeko.…
Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Zimbabwe yavuze ko yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Paul Kagame bwo guha u…
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa Zimbabwe, Daniel Garwe, yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza…
Umuramyi Zikama Tresor uherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Ni Muzima’ yahishuye ko inganzo yo kuririmbira Imana yayikomoye ku babyeyi be…
Ikigo cy’Imari cyo kuzigama no kuguriza (ZIGAMA CSS) cyatangaje ko cyungutse miliyari zisaga 22.8 frw mu mwaka wa 2022, akaba…
Bank ya Zigama CSS yatsinze Equity Bank ibitego 3-2, yegukana igikombe cy’irushanwa rihuza ama-Bank, “Inter-Bank” mu gihe Bank ya Kigali…
Nyuma y'amagambo arimo agasusuguzo yavuze kuri Zinedine Zidane, uwari umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Bufaransa , Noël Le Graët yegujwe…
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2024, yavanye ku mirimo Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho…
Sign in to your account