Amakuru Aheruka

MININFRA irasaba abagore kwitabira umwuga w’ubushoferi bw’amakamyo manini

Minisiteri y’Ibikorwaremezo, MININFRA, yatangaje ko umubare w’abakobwa n’abagore bakora umwuga wo gutwara amakamyo yambukiranya imipaka ukiri muto, ibasaba kuwitabira kuko…

- Advertisement -

Umwarimu muri Kaminuza umaze igihe afunzwe yabaye umwere

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwafashe icyemezo cyo kugira umwere Dr.Théophile Mugerwa waregwaga ibyaha bifitanye isano no gucukura amabuye y'agaciro bidakurukije…

- Advertisement -

UPDATES: Perezida Kagame yahuye na Bill Gates

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 20 Nyakanga 2026, yahuye n’Umunyemari akaba n’ukora Ibikorwa…

Zikunzwe

Kwamamaza

Ishuri Saint Gabriel ryafunguye ishami rishya i Kabuga

Ishuri Saint Gabriel (Ecole Primaire et Maternelle Saint Gabriel), risanzwe rikorera mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka Gasabo, ryafunguye…

Burera: Green Party yasoje gushyiraho abayobozi mu mirenge yose

Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Green Party) ryasoje gahunda yo gushyiraho abayobozi baryo mu mirenge yose 17…

- Advertisement -

Imikino

- Advertisement -

Imyidagaduro

Abarimo Tonzi na Bosebabireba bagiye guhurira muri Rabagirana Festival 2026

Rabagirana Festival, iserukiramuco ry’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, rigiye kongera kuba nyuma y’igihe ritaba, rikazatangirira mu Karere ka Musanze mbere yo gukomereza mu tundi duce tw’igihugu. Iri serukiramuco ritegurwa…

2 Min Read

Umuramyi Gad Rwizihirwa yasobanuye ubutumwa buri mu ndirimbo ‘Intare’

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Gad Rwizihirwa, yatangaje ko indirimbo ye nshya yise ‘Intare’ igamije kwibutsa abantu kubaha no kudasuzugura abizera n’abo Imana yatoranyije, ashimangira ko nubwo bashobora…

2 Min Read
- Advertisement -

Amahanga

Perezida Donald Trump yagennye uhagarariye Amerika mu Rwanda

Perezida Donald Trump yagize Nicholas ‘Nick’ Checker Ambasaderi udasanzwe wa Leta Zunze…

2 Min Read

Igisirikare cya US kirasaba miliyari 87.6$ yo gushora mu ntambara ya Iran

Umunyamabanga wa Leta ya America ushinzwe ingabo (Minisitiri w’Ingabo), Pete Hegseth, yahaswe…

2 Min Read

M23 yinjije abo ivuga ko ari abakomando bashya barenga 9000

Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC),…

2 Min Read

Ibitero bya Iran byakomerekeje abasirikare ba Amerika bakabakaba 100

Ibiro Bikuru by’Ingabo za Amerika (Pentagon) byatangaje ko mu byumweru bibiri bishize,…

2 Min Read

Opozisiyo yahaye Perezida Tshisekedi igihe ntarengwa

Ihuriro ry’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, C64,…

3 Min Read

Bujumbura: Abantu bapfiriye mu giterane cy’amasengesho

Abantu umunani bapfuye, abandi icyenda barakomereka nyuma y’umubyigano wabereye mu giterane cy’amasengesho…

1 Min Read

Andy Burnham yagizwe Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza

Andy Burnham usanzwe uhagarariye ishya ry’Abakozi, Labour Party ,yagizwe Minisitiri w’Intebe  w'Ubwongereza,…

1 Min Read

AFC/M23 yashinje Loni guta umurongo

Umuyobozi wungirije w’umutwe wa AFC/M23, Bertrand Bisimwa, yanenze Umuryango w’Abibumbye (Loni) kubera…

2 Min Read

Undi musirikare wa Amerika yapfiriye mu gitero cya Iran

Umusirikare wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yapfiriye mu majyaruguru ya Iraq,…

2 Min Read

Museveni yasabye Ramaphosa guhagarika urugomo rukorerwa abanyamahanga

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yasabye mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril…

2 Min Read

Amerika na Iran byarubiye

Imirwano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran yarushijeho gukara,…

2 Min Read

Perezida Zelensky yakangaranyijwe n’ibitero u Burusiya bwagabye kuri Ukraine

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yakangaranyijwe n’ibitero bikomeye bya misile u Burusiya…

2 Min Read
- Advertisement -

Utuntu'utundi

- Advertisement -

Top Stories

World News

Kujyana umuntu muri Transit Center byabaye munyumvishirize?

Ucyumva ijambo Transit Center uhita wumva  Igororamuco ry’ibanze, aho abantu bafite imyitwarire ibangamiye rubanda banyuzwa, bakigishwa, bakagororwa kugira ngo basubizwe…

Umuyobozi w’ishuri wishwe yashyinguwe mu gahinda kenshi

Kigali - Muhirwa Paulin wayoboraga GS Sholi agakubitwa ikintu mu mutwe, yashyinguwe i Rusororo mu gahinda kenshi. Hashyize icyumweru kirenga…

- Advertisement -
Ad image
- Advertisement -
Ad image

Sport

Abanyarwanda 2 bakekwaho ibyaha bya Jenoside  bafatiwe mu mahanga

Ubushinjacyaha Bukuru bw'u Rwanda (NPPA), bwatangaje ko  abanyarwanda babiri bakekwaho ibyaha bya Jenoside, bafatiwe mu bihugu by’Ubudage na Canada. Umuvugizi…

Impanuka yahitanye abana benshi bo kuri ‘King David Junior School Ndejje’

Nibura abanyeshuri barenga 20 bigaga mu ishuri rya 'King David Junior School Ndejje' muri Uganda, baba bapfiriye mu mpanuka y'imodoka…

Ba ofisiye ba FARDC baganiriye n’aba AFC/M23 i Goma

Abahagarariye Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bahuriye i Goma n’abahagarariye ihuriro AFC/M23 mu nama ya mbere igamije…

- Advertisement -
Ad image

More News

Zuena, umukobwa wo kwitega mu ruhando rwa muzika nyarwanda

Umuziki nyarwanda ugenda ugira ikibazo cyo kuba urimo abakobwa bake ndetse n’ababashije kubaka amazina afatika bakawutera umugongo mu buryo budafututse…

Zoravo yijeje ibyishimo mu gitaramo cya Jado Sinza

Umuhanzi w’icyamamare mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana muri Tanzania, Harun Laston yageze mu Mujyi wa Kigali aho yatumiwe mu gitaramo…

Zion Temple Ntarama yateguye igiterane kizaberamo n’isiganwa ryiswe”RUN 4JESUS”

Zion Temple Ntarama, rimwe mu matorero ya Zion Temple Celebration Center ku Isi, igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka itanu imaze ishinzwe,…

Zion Mukasa yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”

Zion Sulaiman Mukasa Matovu, umwanditsi, umukinnyi n’umuyobozi wa filime, yamuritse filime mbarankuru yise “Umuganda”, igaragaza ko ukomoka mu muco w’Abanyarwanda…

Zimwe muri Kaminuza zafashe icyemezo cyibuza uwinjira mu kigo atarikingije COVID-19

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 078877281 Amwe mu mashuri ya Kaminuza zo mu Rwanda, yafashe icyemezo gikumira abanyeshuri biga…

Zimwe mu ngamba u Rwanda rwafashe muri CHOGM zishe uburenganzira bwa muntu – Raporo

Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu,…

Zimwe mu mpunzi z’Abarundi zatashye ku bushake

Impunzi z'Abarundi 95 zambutse umupaka uhuza u Rwanda n'u Burundi, zitashye iwabo ku bushake, kikaba ari icyiciro cya 65 cy'Abarundi…

Zimbabwe: Perezida yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n’itoroshi

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yavuze imbwirwaruhame amurikiwe n'itoroshi nyuma y'uko umuriro umuburiyeho ari kuvuga ijambo mu Nteko Ishinga Amategeko.…

Zimbabwe yiteguye kohereza mu Rwanda abarimu yasabwe na Perezida Kagame

Ukeneye kwamamaza! Gusobanuza! Gutanga amakuru? Hamagara 0788772818 Zimbabwe yavuze ko yatangiye kubahiriza ubusabe bwa Perezida Paul Kagame bwo guha u…

Zimbabwe yashimiye u Rwanda rwayihaye inkunga ya toni 1000 z’ibigori

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa Zimbabwe, Daniel Garwe, yashimye Guverinoma y’u Rwanda yahaye igihugu cye inkunga ya toni 1000 z’ibigori, agaragaza…

Zikama Tresor yahishuye imvano yo kuririmbira Imana-VIDEO

Umuramyi Zikama Tresor uherutse gushyira hanze indirimbo yise ‘Ni Muzima’ yahishuye ko inganzo yo kuririmbira Imana yayikomoye ku babyeyi be…

ZIGAMA CSS yungutse  Miliyari 22.8 Frw mu 2022

Ikigo cy’Imari cyo kuzigama no kuguriza (ZIGAMA CSS) cyatangaje ko cyungutse  miliyari zisaga 22.8 frw   mu mwaka wa 2022, akaba…

Zigama CSS yegukanye Irushanwa rihuza ama-Bank

Bank ya Zigama CSS yatsinze Equity Bank ibitego 3-2, yegukana igikombe cy’irushanwa rihuza ama-Bank, “Inter-Bank” mu gihe Bank ya Kigali…

Zidane ni izina rinini! Noël Le Graët yegujwe

Nyuma y'amagambo arimo agasusuguzo yavuze kuri Zinedine Zidane, uwari umuyobozi w'Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru mu Bufaransa , Noël Le Graët yegujwe…

Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho muri MINISPORTS yirukanywe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2024, yavanye ku mirimo Zephanie Niyonkuru wari Umunyamabanga Uhoraho…