Gisimenti: Hari umuhanda uzajya ukumirwamo imodoka muri Weekend wakirirwemo abica akanyota

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umuhanda umwe uri ku Gisimenti mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo, uzajya ukumirwamo ibinyabiziga, ubundi abafite resitora n’utubari muri aka gace bawakiriremo abakiliya. Byatangajwe n’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Mbere tariki 21 Gashyantare 2022, aho iki cyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa mu minsi igize impera … Continue reading Gisimenti: Hari umuhanda uzajya ukumirwamo imodoka muri Weekend wakirirwemo abica akanyota