Menya byimbitse ibyihariye ku Ntwari z’u Rwanda

Buri muryango mugari wose ugira abantu ufata nk’ikitegererezo bitewe n’ibikorwa by’indashyikirwa bakoze, akenshi  usanga aribo bagarukwaho nk’inkingi, imbarutso y’iterambere, umudendezo no gucungurwa ku umuryango mugari. Ibi binyana no kubarata ku bikorwa bakoze ndetse bagasingizwa ubutitsa kuko babaye aho abandi bagomye kandi bakahatambukana umucyo ariko batuma benshi umutima usubira impembero. Kuva na kera na kare mu … Continue reading Menya byimbitse ibyihariye ku Ntwari z’u Rwanda