Ndimbati ushinjwa n’umukobwa kumusindisha akamutera inda y’impanga yemeye ko asanzwe amufasha

Umukinnyi wa filime Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamamaye muri Papa Sava nka Ndimbati washinjijwe na Kabahizi Fredaus kumutera inda yabanje kumusindisha bakabyarana impanga ariko ntamufashe, yemeye ko asanzwe afasha uyu mukobwa mu mibereho ya buri munsi. Kuri uyu wa Kabiri, tariki 8 Werurwe 2022, nibwo inkuru ya Ndimbati na Kabahizi Fredaus yacicikanye hirya no hino … Continue reading Ndimbati ushinjwa n’umukobwa kumusindisha akamutera inda y’impanga yemeye ko asanzwe amufasha