Perezida Kagame na Lt.Gen Mahamat Idriss Déby basinye amasezerano y’ubufatanye

U Rwanda na Chad byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi mu muhango wayobowe na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari kumwe na Perezida w’inzibacyuho ya gisirikare muri Tchad Mohamat Idriss Déby Itno. Ni umuhango wabereye mu biro by’umukuru w’u Rwanda Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu, tariki 18 Werurwe 2022, nyuma yo kumwakira … Continue reading Perezida Kagame na Lt.Gen Mahamat Idriss Déby basinye amasezerano y’ubufatanye