Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Museveni i Kampala

Kuri iki Cyumweru nimugoroba, Ibiro bya Perezida Museveni byatangaje ko, yakiriye Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame. Imodoka ya V8 ni yo Perezida Paul Kagame yarimo ubwo yageraga ku Biro bya Perezida Museveni. Ntibahanye umukono, indamukanyo ya Perezida Kagame asa n’uwunamye areba Museveni na Mme Janet Museveni, na bo bakabigenza uko bamureba ubundi akazamuka amadarajya yinjira … Continue reading Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Museveni i Kampala