Umuseke
Kwamamaza
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Eddy Kenzo wabaye mayibobo imyaka 13 yakebuye uwashatse kumwibira ku rubyiniro

NDEKEZI Johnson Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/05/13 11:19 AM
Muri Amakuru aheruka, Imyidagaduro
A A
0
0
Inshuro yasangijwe abandi
5
Abasomyi
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Eddy Kenzo yavuze ko yamaze igihe mu muhanda mbere yo kuba umwe mu byamamare bikomeye muri Uganda, biri mu bimuha imbaraga zo gukora cyane kuko atakwibagirwa ubwo buzima yabayemo imyaka 13.

Eddy Kenzo yavuze ko bigoranye kwibwa na mayibobo zo muri iyi minsi

Ubwo yaririmbaga muri Purple Party i Mbale, umwe mu basore bo ku muhanda yazamutse ku rubyiniro nk’abandi bafana ahoberana na Kenzo, agiye kumukora mu mufuka ahita amutahura.

Related posts

Ingabo za Congo zasoye itangazo ririmo amagambo akomeye

Ingabo za Congo zasoye itangazo ririmo amagambo akomeye

2022/05/25 11:37 PM
Inyangamugayo z’Urukiko rw’i Paris, uko zishyirwaho, inshingano n’ububasha zifite

Ubuhamya bw’abarokokeye i Kibeho bwarijije abari mu Rukiko i Paris

2022/05/25 7:31 PM

Eddy Kenzo yahise asaba abacuranzi guhagarika umuziki abanza kwigisha uyu musore uko agomba kwitwara kugira ngo aziteze imbere.

Ati “Dj tegereza, Naryamye mu muhanda imya 13, Ntushobora kuba umaze umwaka uryamye mu muhanda.Ntushobora kunyiba kuko nigize kubikora.”

Yakomeje abwira uwo musore wo mu muhanda ko ari muto cyane akwiriye kumufata nka Sekuru ku muhanda.

Ati “Noneho wemere ko ndi sogokuru” Niko yavuze mbere y’uko amwohereza mu bafana yikomereza akazi ke.

Eddy Kenzo aherutse gukorana indirimbo na Bruce Melodie yitwa “Nyoola” iri muzikunzwe mu bihugu byombi.

Yateguje iserukiramuco ryamwitiriwe “Eddy Kenzo Festival” rizaba kuwa 28 Nzeri 2022 mu Mujyi wa Kampala.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Urukiko rwakatiye abakubise umuyobozi wa Neptunez Band

Inkuru ikurikira

Menya n’ibi! Wari uzi ko umuneke wagufasha kugabanya ibiro na hang-over ?

Inkuru ikurikira
Menya n’ibi! Wari uzi ko umuneke wagufasha kugabanya ibiro na hang-over ?

Menya n'ibi! Wari uzi ko umuneke wagufasha kugabanya ibiro na hang-over ?

Ba Offisiye Bakuru ba RDF bari mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abo muri Uganda

Ba Offisiye Bakuru ba RDF bari mu biganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abo muri Uganda

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

BAL: Petro na Monastir zageze ku mukino wa nyuma

BAL: Petro na Monastir zageze ku mukino wa nyuma

2022/05/26 12:51 AM
Ingabo za Congo zasoye itangazo ririmo amagambo akomeye

Ingabo za Congo zasoye itangazo ririmo amagambo akomeye

2022/05/25 11:37 PM
Inyangamugayo z’Urukiko rw’i Paris, uko zishyirwaho, inshingano n’ububasha zifite

Ubuhamya bw’abarokokeye i Kibeho bwarijije abari mu Rukiko i Paris

2022/05/25 7:31 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010