Min Bamporiki yahagaritswe mu nshingano ze “hari ibyo akurikiranyweho”

UPDATE: Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko Hon Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco akurikiranweho icyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo. RIB yavuze ko iperereza ku byaha akurikiranweho rikomeje mu gihe afungiwe iwe mu rugo.   INKURU YABANJE: Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasoye itangazo rivuga ko Hon Edouard Bamporiki wari … Continue reading Min Bamporiki yahagaritswe mu nshingano ze “hari ibyo akurikiranyweho”