Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amahanga

Perezida Félix Tshisekedi agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi itatu i Burundi

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/05/20 12:57 PM
A A
0
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya Congo Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe mu ruzinduko rw’akazi mu Burundi kuri uyu wa 21 Gicurasi 2022, aho byitezwe ko azgirana ibiganiro na mugenzi we Ndayishimiye Evariste.

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo ategerejwe i Burundi mu ruzinduko rw’akazi

Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko urwo ruzinduko ruzamara iminsi itatu, rugiye kubaho ku butumire bwa Perezida Ndayishimiye.

Related posts

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

2022/07/06 11:39 PM
Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM

Kuwa 23 Gashyantare 2022, Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yagiriye urugendo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho yitabiriye inama ya 10 y’Urwego rw’Akarere rushinzwe gukurikirana ibikorwa by’Akarere ku masezerano y’amahoro, umutekano n’ubufatanye hagati ya Congo.

Iyo nama yabaye kuwa 24 Gashyantare 2022 aho haganiriwe uko imitwe yitwaje intwaro mu Burasirazuba bwa Congo yarandurwa.

Mu rugendo rwa Perezida Tshisekedi mu Burundi, uretse imishinga y’iterambere, inyungu za politiki n’ibindi aba bategetsi bashobora kuganira, ikibazo cy’umutekano gikomeje kuba ndanze mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Mu ntara ya Kivu y’Epfo ya DR Congo hari imitwe ihakorera y’inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Gitega.

Leta y’u Burundi ishinjwa kugaba ibitero muri RD Congo bigamije guhangana n’imitwe ya Red Tabara na FNL/Nzababampema, iyi mitwe kenshi u Burundi bwavuze ko iterwa inkunga n’u Rwanda.

Perezida Evariste Ndayishimiye mu gihe amaze ku butegetsi akomeje amavugurura mu bubanyi n’amahanga.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Tuyisenge Eric Cantona yahawe inshingano mu Amavubi

Inkuru ikurikira

ITANGAZO RYA IRADUKUNDA Rugumahe Chantal USABA GUHINDUZA AMAZINA

Inkuru ikurikira

ITANGAZO RYA IRADUKUNDA Rugumahe Chantal USABA GUHINDUZA AMAZINA

Inkuru zikunzwe

  • Gakenke: Gitifu yatawe muri yombi akekwa gusambanya umunyeshuri

    Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Musanze: Umuganga wapimye umurambo wa Iradukunda Emerence yagize ibyo asobanura

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Muhanga: Gaz yaturitse itwika umugore mu maso mu buryo bukomeye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • US: Abapolisi bahuye n’akaga bagiye gufata umugabo witwaje intwaro

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umwuzukuru wa Perezida Kagame yagaragaye amuha “Bisous” ubwo yari kuri televiziyo-VIDEO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

2022/07/06 11:39 PM
KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

2022/07/06 10:20 PM
Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010