Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

Amezi ane yari ahagije ngo Ferwafa ibone ko yibeshye kuri Muhire

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, ryatangaje ko ryahagaritse mu nshingano uwari Umunyamabanga Mukuru waryo, Muhire Henry Brulant kubera amakosa akomeye yakoze.

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2022/06/20 1:08 PM
A A
3
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Nyuma y’amezi ane n’iminsi ine gusa, Muhire Henry Brulant yahagaritswe mu nshingano ze guhera kuri uyu wa Mbere. Ferwafa yabitangaje ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo.

Muhire Henry amezi ane yari ahagije ngo Ferwafa ibone ko yamwibeshyeho

Ati “Uyu munsi tariki 20 Kamena 2022, Ferwafa yagaritse Muhire Henry Brulant ku mirimo ye yo kuba Umunyamabanga Mukuru, kubera ibyo abazwa mu nshingano yari afite. Komiseri Ushinzwe Amategeko azaba afashe izi nshingano by’agateganyo.”

Related posts

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

2022/07/06 12:37 PM
Gasabo: Umukozi wo mu rugo wemeye ko yishe umwana agiye kuburanishwa mu mizi

Gasabo: Umukozi wo mu rugo wemeye ko yishe umwana agiye kuburanishwa mu mizi

2022/07/06 11:45 AM

N’ubwo Ferwafa ivuga ko yahagaritse Muhire, amakuru UMUSEKE wamenye avuga ko uyu mugabo yirukanwe burundu ahubwo hari gukorwa icyo amategeko ateganya kugira ngo hazatangazwe iyirukanwa rye.

Ku kibazo cya Rwamagana City na AS Muhanga, byavuzwe ko umwe mu bacyihutishaga, harimo Muhire na Komiseri ushinzwe amarushanwa muri Ferwafa.

Mu mezi atarenze ane gusa, Muhire yagiye agaragarwaho n’amakosa ya hato na hato, aho aheruka gusinya amasezerano mu izina rya Ferwafa na MASITA ariko akabikora mu ntawe agishije inama.

FERWAFA yatangaje ko yahagaritse MUHIRE HENRY BRULANT

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Perezida Paul Kagame ari mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC ibera i Nairobi

Inkuru ikurikira

RCS yasubitse ibikorwa byo gusura imfungwa n’abagororwa muri iki Cyumweru cyose

Inkuru ikurikira
RCS yasubitse ibikorwa byo gusura imfungwa n’abagororwa muri iki Cyumweru cyose

RCS yasubitse ibikorwa byo gusura imfungwa n’abagororwa muri iki Cyumweru cyose

Ibitekerezo 3

  1. MUJYANAMA says:
    shize

    Ubwo rero mugiye ku mwibasira. Si uwambere kandi si uwanyuma. Hari n’abanyereje barafunga na nkanswe amakosa ya administration. Kandi ubwo unabirebye neza wasanga ahanini muri FERWAFA nt’amabwiriza yo muri administration mugira. None se umukozi yasinya amasezerano atagishije inama kandi amabwiriza abimutegeka? Buriya mugira amabwiriza y’imicungire ya FERWAFA? MANUEL DE PROCEDURES DE GESTION. IRAHARI? Buriya MUHIRE atangira akazi mwamukoreye remise et reprise irimo na controle de gestion igaragaza aho asanze ibintu n’aho agiye guhera? IBIJYANYE na signature autorisé buriya murabigira? Abagomba gufata ibyemezo ku kintu iki n’iki? UZAMUSIMBURA azasome iyi comment yanjye. Na MUHIRE NARI NAYIMUKOREYE; Si muzi ariko nari mbizi ko azahura n’akaga. IYO IBINTU ARI AKAVUYO, KUBIKORERAMO WISANZUYE UDAFITE KIVUGIRA BIRAGOYE; Naze akore ibindi, aracyari muto, yarize, mvira muri FERWAFA si MVIRA MU RWANDA. Namwe murebe ikitagenda aho, maze musukure. Mushyireho amabwiriza, umukozi amenye icyo yemerewe gukora n’icyo atemerewe. Guhora wisobanura buriya ni uko ibyo biba bidahari.

    • Eric says:
      shize

      Ziba ahongaho, uburyo urondogora wandika ubusa biragaragara ko no mw’ishuri wari idebe.

  2. MUJYANAMA says:
    shize

    Eric, ni wowe wakoze biriya. Aho kunyomoza ibyomvuze, uritanga mu manyama. Niba wumva n’ikinyarwanda simbizi. Aha twungurana ibitekerezo. Ntabwo tuzana imvugo yagishumba kimwe cyo muri za 50. IDEBE nahamya ko utazi ni icyo bivuze. Uzabaze BAMPORIKI. Sinkuzi ariko niba utari umwe mubazambya FERWAFA, uri mubashaka uriya mwanya. Vuga vuga nyamatanga. Tobora. Ngo utuka utamutuka aba atuka uwande? Icyo ni ikinyarwanda. Vuga ibyubaka ureke kunegura icebe ry’INKA. NKEKA KO MUBYO NANDITSE kubera uburyo bihanitse ntacyo wivaniyemo. Nandika page 1 mu masogonda kandi ntareba kuri touche. Sindi indondogozi ndi umuhanga mu kwandika. Tuza, shira impumpu; HARI BENSHI BANYUMVISE KANDI BAZASHYIRA MU BIKORWA INAMA NATANZE, WAHURIRA?????? MBEGA ERIC !!!!!!!!!! . WARAKAZA IBITERERI. WOWE SE UBIBONA UTE???

Inkuru zikunzwe

  • Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • M23 yigambye ko yafashe ikibuga cy’indege cya Rwankuba n’ibitaro byaho

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Musanze: Umuganga wapimye umurambo wa Iradukunda Emerence yagize ibyo asobanura

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • U Rwanda rwasabye ko MONUSCO ihagarika gukorana n’igisirikare cya Leta ya Congo

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Uko imirwano yiriwe mu rugamba M23 yasakiranyemo na FARDC muri Gurupema ya Bweza

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Rulindo: Umugore yicanwe n’abana be babiri umwe yari afite imyaka 3

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Muhanga: Gaz yaturitse itwika umugore mu maso mu buryo bukomeye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • US: Abapolisi bahuye n’akaga bagiye gufata umugabo witwaje intwaro

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

PSG yerekanye umutoza mushya wasimbuye Mauricio Pochettino

2022/07/06 12:37 PM
Juno Kizigenza agiye kuzenguruka igihugu ataramira Abanyarwanda

Juno Kizigenza agiye kuzenguruka igihugu ataramira Abanyarwanda

2022/07/06 11:59 AM
Gasabo: Umukozi wo mu rugo wemeye ko yishe umwana agiye kuburanishwa mu mizi

Gasabo: Umukozi wo mu rugo wemeye ko yishe umwana agiye kuburanishwa mu mizi

2022/07/06 11:45 AM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010