CHOGM iciye impaka ku mubano mubi w’u Rwanda na Uganda

Inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’icyongereza, izwi nka CHOGM ,yaberaga mu Rwanda kuva kuwa 20-26 Kamena 2022, isize isobanuye iherezo ry’umubano w’u Rwanda na Uganda. Ni inama yitabiriwe n’abayobozi bakomeye ku rwego rw’Isi barimo igikomangoma cya Wales, Charles Philip n’umugore we Camilla, Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin … Continue reading CHOGM iciye impaka ku mubano mubi w’u Rwanda na Uganda