Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Samuel Eto’o yakatiwe gufungwa imyaka ibiri isubitse

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/06/21 4:32 PM
A A
1
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Related posts

KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

2022/07/06 10:20 PM
Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM

Samuel Eto’o wahoze ari rutahizamu wa Kameruni yemeye icyaha cyo kunyereza umusoro ungana na miriyoni 3,2 z’amapawundi yakuye mw’igurisha ry’amafoto ye  (droit à l’image /image rights) mu gihe yakiniraga Barcelona, akatirwa gufungwa imyaka ibiri isubitse.

Samuel Eto’o yakatiwe gufungwa imyaka ibiri isubitse

Uyu wabaye umukinyi wa mbere wa Afurika w’umwaka inshuro enye, kuri uyu wa mbere tariki ya 20 Kamena 2022, yakatiwe gufungwa imyaka ibiri isubitse (amezi 24),ubwo yagezwaga imbere y’ubutabera muri Espagne.

Eto’o asabwa kwishyura aya mafaranga yose , hamwe n’ihazabu ya miriyoni 1.55 z’amapawundi.

Abacamanza bashinja Samuel Eto’o ko yanze gutangaza amafaranga yavuye mu mafoto ye yagurishijwe mu mwaka wa 2006 na 2009,bifatwa nko kunyereza imisoro no kudatangaza imitungo ye.

Ubushinjacyaha bwabwiye Eto’o ko yagurishije amafoto ye n’ikigo gifite icyicaro Hungary ariko cyo kikaba cyaratangaje umutungo wa cyo.

Eto’o yatangaje ko yemera icyaha ndetse ko yiteguye kwishyura.

Yagize  ati  “Ndemera ibyo nshinjwa kandi nzishyura ibyo nishyuzwa, ariko reka ntangaze ko nari nkiri umwana kandi ko nakurikiza ibyo uwahoze ampagarariye Jose Maria Mesalles, nafataga nka data ,yansabaga gukora icyo gihe.”

Eto’o yiyongereye ku rundi rutonde rw’abakinnyi b’Abanyamahanga banze gutangaza umutungo wavuye mu igurisha ry’amafoto, bakanyereza umusoro muri Espagne muri iyi myaka.

Abandi batangajwe ni Cristiano Ronaldo, Lionel Messi, Jose Mourinho na Neymar.

Kugeza ubu Eto’o ayoboye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru rya Cameroun .Yageze muri Barcelone mu 2004 afite imyaka 23.

Yakiniye Real Madrid, Inter Milan , Chelsea na Everton mbere y’uko asezera umupira w’amaguru mu 2019.

Yagejejwe mu butabera ari kumwe n’umwunganizi we Jose Maria Mesalles, nawe akaba yarakatiwe gufungwa umwaka usubitse n’ihazabu .

TUYISHIMIRE RAYMOND / UMUSEKE.RW
Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Perezida Kagame yagaragaje ubufatanye nk’intwaro y’icyerekezo cya Commonwealth

Inkuru ikurikira

Perezida Kagame yatangije iyubakwa ry’igorofa rya Miliyari 100 Frw

Inkuru ikurikira
Perezida Kagame yatangije iyubakwa ry’igorofa rya Miliyari 100 Frw

Perezida Kagame yatangije iyubakwa ry'igorofa rya Miliyari 100 Frw

Ibitekerezo 1

  1. rwema says:
    shize

    Kubera gushaka gukira cyane,benshi bakora amanyanga.Mwumvise ko n’umukire wa mbere ku isi,Elon Musk,ashinjwa kunyereza imisoro.GUKIRA ni byiza rwose.Nta muntu numwe utifuza gukira.Ariko tujye twibuka ko UBUKIRE butatubuza kurwara,gusaza no gupfa.Niyo mpamvu niba dushaka Ubuzima bw’iteka muli Paradis,Yesu yadusabye “gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana” nkuko Matayo 6,umurongo wa 33 havuga,ntitwibere gusa mu gushaka ibyisi.Abantu bumvira iyo nama Yesu yasize aduhaye,azabazura ku Munsi w’Imperuka,abahe ubuzima bw’iteka nkuko yabyivugiye muli Yohana 6,umurongo wa 40.Ntimukishinge bariya bavuga ngo iyo dupfuye tuba twitabye imana.Ntabwo bihuye n’ibyo Bible yigisha.

Inkuru zikunzwe

  • Gakenke: Gitifu yatawe muri yombi akekwa gusambanya umunyeshuri

    Nyanza: Utaragiye mu kizamini cy’akazi ni we wabonye amanota ya mbere – RIB hari abo ifunze

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo “wakubise ifuni umugore we n’umwana yafashwe” – Icyo yabajijije kiratangaje

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Imyanzuro y’ingenzi wamenya mu biganiro byahuje P.Kagame na Tshisekedi i Luanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Musanze: Umuganga wapimye umurambo wa Iradukunda Emerence yagize ibyo asobanura

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Muhanga: Gaz yaturitse itwika umugore mu maso mu buryo bukomeye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • US: Abapolisi bahuye n’akaga bagiye gufata umugabo witwaje intwaro

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umwuzukuru wa Perezida Kagame yagaragaye amuha “Bisous” ubwo yari kuri televiziyo-VIDEO

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

Imfungwa zisaga 400 zirimo abarwanyi ba Boko Haram zatorotse gereza

2022/07/06 11:39 PM
KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

KCCA yatandukanye n’abakinnyi umunani barimo Davis Kasirye

2022/07/06 10:20 PM
Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

Meya wa Ruhango yahakanye ibyo gutuka no gutoteza abakozi bimuvugwaho

2022/07/06 7:50 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010