Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

U Rwanda ruri mu bihugu bizakurirwaho imisoro ku bicuruzwa rushora mu Bwongereza

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2022/06/24 10:33 AM
A A
0
Yisangize abandi kuri FacebookYisangize abandi kuri TwitterYisangize abandi kuri Whatsapp

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Boris Johnson kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Kamena 2022, ubwo hasozwaga ihuriro ry’ubucuruzi  mu nama ya CHOGM2022 iri kubera iKigali, yatange ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu byitezweho gushorwamwo imari n’Ubwongereza.

Boris Johnson ubwo yari yakiriwe na Perezida Paul Kagame muri Village Urugwiro

Boris yatangaje ko muri Nyakanga uyu mwaka hazatangazwa ibihihugu 6  bizakurirwaho imisoro ku bintu bikunze kohereza kurusha ibindi  mu Bwongereza.

Related posts

Gasabo: Umucuruzi yasanzwe mu nzu yishwe n’abagizi ba nabi

Bamwe mu bakinnyi bamenyerewe ntibahamagawe mu ikipe y’Amavubi

2022/08/18 12:30 AM
Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

2022/08/17 9:42 PM

U Rwanda n’UBwongereza mu mezi ashize byaganiriye  ku bucuruzi hagamijwe kunoza ahazaza habwo hagati y’ibihugu byombi.

Ubusanzwe u Rwanda rukunze kohereza mu Bwongereza ibicuruzwa birimo imboga, imbuto, indabo, n’urusenda .

Iyi mikoranire mishya y’ubucuruzi n’Ubwongereza igamije gufasha u Rwanda kugabanya ikiguzi cyatangwaga ku bucuruzi, bikazatuma umusaruro n’agaciro byiyongera.

Johnson yagaragaje ko ashyigikiye ibijyanye n’isoko rusange rya Afurika, avuga ko rizafasha kwagura no guteza imbere ubukungu bw’ibihugu bya Afurika.

Boris Johnson avuga ko gukuraho imisoro ku bihugu bya Commonwealth bicuruzanya n’Ubwongereza bigamije kuzamura iterambere ryabyo

Yanagaragaje ko ubukungu bw’u Rwanda uko butera imbere, u Rwanda rushyize imbaraga mu kugabanya umubare w’abana bapfa bavuka aho wagabanutse ku kigero cya 80% kuva mu mwaka wa 2000, abantu 9 ku bantu 10 b’Abanyarwanda bafite ubwishingizi mu kwivuza, kandi abana bose bagana ishuri, ari na byo Commonwealth yifuza.

Aganira na Perezida Kagame, Johnson yatangaje ko Ubwongereza buzakomeza kugirana ubufatanye n’u Rwanda.

Muri iyi nama u Rwanda rwagaragaje amahirwe menshi ari mu ishoramari rya rwo ririmo  ikigo Mpuzamahanga cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, n’udushya dutandukanye mu ikoranabuhanga  mu bikorwa by’uburezi.

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Boris Johnson ari kumwe n’abandi bayobozi batandukanye bitabiriye inama ya CHOGM ibera i Kigali.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetOhereza
Inkuru yabanje

Perezida wa FIFA azatorerwa i Kigali

Inkuru ikurikira

Murangwa wakiniye Rayon Sports agiye kurongora Soraya wabaye Minisitiri wa MINICOM

Inkuru ikurikira
Murangwa wakiniye Rayon Sports agiye kurongora Soraya wabaye Minisitiri wa MINICOM

Murangwa wakiniye Rayon Sports agiye kurongora Soraya wabaye Minisitiri wa MINICOM

Inkuru zikunzwe

  • AS Kigali yasubije Lt Gen Mubarakh Muganga

    AS Kigali yasubije Lt Gen Mubarakh Muganga

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umugabo yafashe umugore we amuca inyuma bitamugoye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Mu kibanza cya Musenyeri habonetsemo ibigega bya petrol bitabye mu butaka

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Umuhanzi Yvan Buravan yitabye Imana azize kanseri y’urwagashya

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • IBUKA yagiriye inama Past Kalisa urega mugenzi we gutanga ikirego muri RIB

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Burundi: Radiyo na Televiziyo ziri gufunga imiryango kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Uwahoze ayobora ishuri rya ILPD yasabwe gukomeza gukorana n’abamusimbuye

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • RDC: Bashenguwe n’urupfu rw’Umujenerali waguye i Goma

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Sandra Teta n’abana yabyaranye na Weasel bazanwe mu Rwanda

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0
  • Ingabo za Congo zongeye kubura imirwano zihanganyemo na M23

    0 Yasangiwe
    Yisangize abandi 0 Tweet 0

Follow us on Facebook

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Amakuru mashya

Gasabo: Umucuruzi yasanzwe mu nzu yishwe n’abagizi ba nabi

Bamwe mu bakinnyi bamenyerewe ntibahamagawe mu ikipe y’Amavubi

2022/08/18 12:30 AM
Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

Ruhango:  Umugabo arakekwaho kwica umugore wari uje kumwaka amafaranga ya Mituweli

2022/08/17 9:42 PM
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania yasuye AS Kigali WFC

2022/08/17 3:01 PM

IBYICIRO

  • Abana
  • Afurika
  • Amahanga
  • Amakuru aheruka
  • Amerika
  • Andi makuru
  • Aziya
  • Imideli
  • Imikino
  • Imyidagaduro
  • Inkuru ndende
  • Inkuru Nyamukuru
  • Inkuru zihariye
  • Inkuru zindi
  • Iyobokamana
  • Izamamaza
  • Kwibuka
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Uburayi
  • Ubutabera
  • Ubuzima
  • Urubyiruko
  • Utuntu n'utundi

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010