Kigali: Abasigajwe inyuma n’amateka bariho mu buzima bushaririye

Bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bo Murenge wa Jali, barasba ko ubuyobozi kubegera, bukabakemurira ibibazo bafite birimo no kuba bamaze imyaka 11 baratujwe mu nzu ariko nta byangombwa byazo barahabwa. Ubwo umunyamakuru yagiriraga urugendo mu Murenge wa Jali, Akagari ka Muko mu Mudugudu w’Agahanga, yasanzeyo imiryango 28 yubakiwe Umudugudu mwiza w’amatafari ahiye, ibintu na bo … Continue reading Kigali: Abasigajwe inyuma n’amateka bariho mu buzima bushaririye