Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imikino

Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo

Umukinnyi mpuzamahanga w'Umunyarwanda, Nizeyimana Mirafa ukina hagati mu kibuga n'umunya-Portugal, Rosalyn Dos-santos, batangaje amatariki y'ubukwe bwabo.

Yanditswe na: HABIMANA Sadi
2022/07/24 8:20 AM
A A
2
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Muri Gashyantare uyu mwaka, nibwo aba bombi basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam mu muhango wabereye muri Zambia ari naho batuye.

Mirafa na Rosalyn Dos-santos basezeranye imbere y’Imana mu idini ya Islam

Nyuma yo kwemeranya kubana nk’umugore n’umugabo biciye mu gusezerana imbere y’Imana [Nikkah], icyari gikurikiyeho ni ukubyereka abavandimwe n’inshuti.

Nk’uko bigaragara mu butumire Mirafa yashyize hanze, ubukwe bwe ba Rosalyn Dos-santos buri tariki 3 Nzeri uyu mwaka bukazabera muri Zambia aho aba bombi batuye.

Uyu mukinnyi ugiye kumara imyaka ine muri Zambia, ubu nta kipe afite nyuma yo gusoza amasezerano muri Kabwe Warriors, ndetse aherutse kuvuga ko aho yabona akazi hose yahakina n’iyo byaba kugaruka mu Rwanda.

Kwamamaza
Umugore wa Nizeyimana Mirafa afite uburanga bwamukuruye
Ubutumire bw’ubukwe bwa Mirafa na Rosalyn Dos-santos
Muri Werurwe baherekejwe n’inshuti n’abavandimwe ubwo bajyaga gufunga Nikkah
Rosalyn Dos-santos ni umunya-Portugal wibehebeye Mirafa

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Munanira II: Bahangayikishijwe n’abajura bitwaza intwaro gakondo

Inkuru ikurikira

Akarere ka Rusizi kiyemeje gushyira iherezo ku kibazo cy’abana bo ku muhanda

Izo bjyanyeInkuru

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM
Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

2023/02/05 10:37 AM
Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

2023/02/05 9:59 AM
Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

2023/02/05 9:13 AM
Sitting Volleyball: Intwari na Bugesera begukanye igikombe cy’Ubutwari

Sitting Volleyball: Intwari na Bugesera begukanye igikombe cy’Ubutwari

2023/02/05 9:01 AM
Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

2023/02/05 8:13 AM
Inkuru ikurikira
Akarere ka Rusizi kiyemeje gushyira iherezo ku kibazo cy’abana bo ku muhanda

Akarere ka Rusizi kiyemeje gushyira iherezo ku kibazo cy'abana bo ku muhanda

Ibitekerezo 2

  1. Pingback: Mirafa na Rosalyn bashyize hanze amatariki y’ubukwe bwabo - Hano News
  2. gahigi says:
    shize

    MIRAFA afite undi mukobwa witwa Nema babyaranye abana 2 uba ku Gisenyi.Bamaranye imyaka irenga 5 babana nk’umugore n’umugabo.Nubwo byitwa ngo “yasezeranye imbere y’imana”,ntabwo Imana ikunda abahemu.Ikindi kandi,nkuko bible ivuga,ntabwo Imana iba mu nzu zubatswe n’abantu.Zaba Kiliziya cyangwa Imisigiti.Guhemukira umuntu mwabyaranye ukamuta waramwangije akiri inkumi,ni ubugome bukabije.Ubusambanyi buzabuza abantu millions na millions kubona ubuzima bw’iteka muli paradizo.

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010