Nta masezerano yasinywe, nta guhagarika imirwano byemejwe – Biruta

Mu burasirazuba bwa Congo imirwano irakomeje hagati y’inyeshyamba za M23 n’ingabo za Leta, FARDC mu gihe benshi bibwiraga ko guhagarika imirwano biri mu byanzuwe n’inama y’Abakuru b’Ibihugu, by’u Rwanda na Congo Kinshasa iheruka kubera i Luanda, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yavuze ibyanzuwe. Kuri Twitter, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yavuze … Continue reading Nta masezerano yasinywe, nta guhagarika imirwano byemejwe – Biruta