Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amahanga

Pasitoro yahamwe n’icyaha cy’ubujura akatirwa gufungwa imyaka 3

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2022/07/25 6:33 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umupasitori yahamijwe icyaha cy’ubujura maze ahabwa igifungo cy’imyaka itatu nyuma yo gufatwa kuri kamera yibye mu rusengero rwe.

Pastor Adolf Lwazi Moyo mu mapingu ubwo yitabaga Urukiko

Urukiko rwa Harare rwumvise uko umupasitori w’imyaka 31 yafatiwe kuri kamera yibye ibintu bifite agaciro ka 13,000$.

Pasitoro witwa Adolf Lwazi Moyo ku ya 19 Nyakanga, yajyanywe gufungwa n’abapolisi. Yatanze ku bushake amakuru yafashije kugaruza bimwe mu bikoresho by’ikoranabuhanga yari yibye.

Umucamanza mu Rukiko rwo mu Mujyi wa Harare yamuhamije icyaha cy’ubujura.

Yasabwe kwishyura Itorero rye asaga Miliyoni ZW$1 mu gihe yamara amasaha 630 akora imirimo ifitiye igihugu akamaro neza azahita ababarirwa yidegembye.

Kwamamaza

Umucamanza yavuze ko imyitwarire ya Moyo iteye inkeke ku buryo agomba kwisubiraho cyangwa akazagarurwa imbere y’Inkiko.

Yajyanwe mu nkiko ashinjwa kwiba Itorero rya Apostles of Christ  ibintu bifite agaciro ka $ 13.000 birimo Laptops 18 na Televiziyo byifashishaga n’itorero rye.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Umuhanda Nzove-Ruli-Gakenke wabaye nk’igisoro, barasaba ko ikorwa ryawo risubukurwa

Inkuru ikurikira

Minisitiri Dr Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama i Kinshasa

Izo bjyanyeInkuru

Abarimo Rocky Kimomo begukanye ibihembo muri KIMFEST Awards 2023-AMAFOTO

Abarimo Rocky Kimomo begukanye ibihembo muri KIMFEST Awards 2023-AMAFOTO

2023/06/04 11:18 PM
Nsabimana uzwi nka Sankara yitabiriye umuhango wo kwibuka aho avuka

Nsabimana uzwi nka Sankara yitabiriye umuhango wo kwibuka aho avuka

2023/06/04 6:04 PM
Gisimba wabaye se w’imfubyi nyinshi yitabye Imana

Gisimba wabaye se w’imfubyi nyinshi yitabye Imana

2023/06/04 2:20 PM
Theo Bosebabireba yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge i Burera

Theo Bosebabireba yatumiwe mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge i Burera

2023/06/04 2:02 PM
Ubuziranenge bw’ibiribwa bwagaragajwe nk’intwaro mu kongera abasura u Rwanda

Ubuziranenge bw’ibiribwa bwagaragajwe nk’intwaro mu kongera abasura u Rwanda

2023/06/04 12:00 PM
Abana bahize abandi mu marushanwa yo kwandika bahawe umukoro

Abana bahize abandi mu marushanwa yo kwandika bahawe umukoro

2023/06/04 8:25 AM
Inkuru ikurikira
Minisitiri Dr Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama i Kinshasa

Minisitiri Dr Biruta yahagarariye Perezida Kagame mu nama i Kinshasa

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: info@umuseke.rw

Inkuru iheruka

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

Imikino y’abakozi: Rwandair na REG zegukanye GMT 2023

2023/06/05 7:21 AM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010