Dr Habineza azanye ingingo nshya ku kibazo cy’abaturage ba “Bannyahe”

Umuyobozi w’ishyaka ruharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, (Green Party), Dr Frank Habineza, asanga Leta ikwiye gutegereza umwanzuro w’urukiko mbere y’uko ifata umwanzuro wo kwimura abaturage ba Kangondo na Kibiraro, hazwi nka “Bannyahe”. Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko abaturage bose basigaye Kangondo na Kibiraro muri Nyarutarama, bagomba kuba bimuwe bakajya gutura mu Busanza, mu Karere … Continue reading Dr Habineza azanye ingingo nshya ku kibazo cy’abaturage ba “Bannyahe”