AU yasabye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi

Perezida uyoboye Umuryango wa Africa yunze ubumwe, AU, Macky Sall wa Senegal na Perezida wa Komisiyo y’uyu muryango, Moussa Faki Mahamat basabye ko intambara muri Congo ihagarara. Itangazo basohoye ku Cyumweru, rivuga ko Africa yunze Ubumwe ihangayikishijwe cyane no kuba ibintu biba bibi cyane mu Ntara z’Uburasirazuba bwa Congo. AU yasabye impande zihanganye “guhita zihagarika … Continue reading AU yasabye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi