Inzego z’umutekano ku mupaka zirarikanuye zikurikirana ibiri kuba – U Rwanda rwasubije Congo

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibabajwe n’icyemezo cya Leta ya Congo cyo kwirukana ku butaka bwayo Ambasaderi Vincent Karega, ni itangazo risubiza iryo Congo yaraye isohoye rikubiyemo imyanzuro yafashwe n’Inama Nkuru y’Umutekano. Itangazo ryasohowe n’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, rivuga ko inzego z’umutekano z’u Rwanda zirikanuye ku mipaka, zikaba zikomeza kugenzurira hafi ibiri kubera hakurya … Continue reading Inzego z’umutekano ku mupaka zirarikanuye zikurikirana ibiri kuba – U Rwanda rwasubije Congo