EXCLUSIVE INTERVIEW: Ibyamenyekanye ku muntu witwaje intwaro warasiwe i Rubavu

Mu kiganiro cyihariye Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yahaye UMUSEKE yavuze ko batamenye niba uwarasiwe i Rubavu ari umusirikare wa Congo. Yagize ati “Twanze kuvuga ko ari Umukongomani kuko hari Interahamwe, hari Nyatura, …kubera ko tudafite amazina ye, twanditse gusa ko ari umusirikare utazwi wambutse umupaka, kubera ko hariya hari imitwe irenga … Continue reading EXCLUSIVE INTERVIEW: Ibyamenyekanye ku muntu witwaje intwaro warasiwe i Rubavu