Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Afurika

Guillaume Bunyoni yasubijwe ku rutonde rw’abo America yafatiye ibihano

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2022/12/14 11:34 AM
A A
1
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Alain Guillaume Bunyoni uheruka gukurwa ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe mu Burundi, yongeye kugaragara ku rutonde rw’abantu America yafatiye ibihano.

Alain Guillaume Bunyoni wari Minisitiri w’Intebe mu Burundi

Bunyoni yaravuzwe cyane mu gihe cy’ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, no mu gihe cy’imyigaragambyo yo mu 2015 nk’umwe mu bahonyoye uburenganzira bwa muntu.

Leta zunze ubumwe za America zifatira abantu ibihano iyo zibashinja kwica uburenganzira bwa muntu

Uyu mwanzuro watangajwe na Deparitema ya Leta ya America mbere gato y’uko Isi yizihiza umunsi wahariwe kwita ku burenganzira bwa muntu wizihijwe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.

Kwamamaza

America ifita bene ibi bihano mu rwego rwo gushyira ingufu mu kurwanya ibyaha bya ruswa, no kwamagana ihonyorwa ry’uburenganzira bwa muntu.

Bunyoni n’abandi bafatiwe ibihano na America imitungo yabo irafatirwa muri kiriya gihugu ndetse ntibemererwe Visa zo kujyayo.

Mu mwaka wa 2020, Bunyoni yari yakuwe ku rutonde rw’abafatiwe ibihano ubwo yagirwaga Minisitiri w’Intebe, ariko yongeye gushyirwa ku rutonde nyuma yo kuvanwa kuri uriya mwanya.

Uyu mugabo wahoze afite ingufu mu gihugu cye, muri Nzeri yakuwe ku mwanya wa Minisitiri w’intebe, nyuma y’igihe ahanganye na Perezida Evariste Ndayishimiye.

Yakunze kugarukwaho muri raporo z’imiryango mpuzamahanga yita ku burenganzira bwa muntu mu bikorwa bya ruswa haba mu Burundi no mu burasirazuba bwa Congo.

ISOOKO: SOS Media Burundi

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Rayon Sports vs APR: Hari abazasabwa kwishyura ibihumbi 100

Inkuru ikurikira

Abacuruzi bihanangirijwe kuzamura ibiciro uko bishakiye

Izo bjyanyeInkuru

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Gen Muhoozi agiye gusezera igisirikare – Arajya he?

2023/03/27 3:41 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Inkuru ikurikira
Abacuruzi bihanangirijwe kuzamura ibiciro uko bishakiye

Abacuruzi bihanangirijwe kuzamura ibiciro uko bishakiye

Ibitekerezo 1

  1. mahoro jack says:
    shize

    Ngo …ndetse ntibemererwe Visa zo kujyayo? Harya iyo umuntu atagiye muri Amerika aba iki? Ariko ibi bizarangira ryari kweli? Sinshyigikiye abahohotera abantu rwose, ariko kuba igihugu kimwe cyarigize umupolisi w’isi yose ni ubwirasi buteye isesemi. Ngirango nibyo na Putine yarambiwe.

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010