Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Nyanza: Abagore bo muri FPR-Inkotanyi bishimiye ibyagezweho

Yanditswe na: NDEKEZI Johnson
2023/01/23 11:40 AM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp
Urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR-Inkotanyi mu murenge wa Kigoma bishimiye ibyagezweho mu myaka 35 uyu muryango umaze ushinzwe.
Abagore baremeye utishoboye mu rwego rwo gushyigikira umuturage

Mu muhango wo kwishimira ibyagezweho nk’urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR-Inkotanyi, abagore bo mu murenge wa Kigoma bavuga ko babikesheje Perezida Kagame Paul.

Frolence Mukantabana yagize ati “Turishimira ibyo twagejejweho na Nyakubahwa Paul Kagame kuko twakoranye nk’abagore tukiteza imbere.”

Mujaweyesu Madeline na we yagize ati “FPR-Inkotanyi mu myaka 35 turishimira ubuyobozi bwa Chairman Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yahaye agaciro umugore.”

Jeanne Umubyeyi, Perezidante w’urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR-Inkotanyi avuga ko abagore bagomba gukora cyane bakanaba mutima w’urugo nk’uko icyivugo kibivuga.

Yagize ati “Basigasire ingo kandi bajye mu buyobozi bafatanye n’abandi kubaka igihugu gitekanye kandi cy’amahoro.”

Chairman w’uyu muryango FPR-Inkotanyi ku rwego rw’Akarere ka Nyanza, akaba n’umuyobozi wako, Ntazinda Erasme avuga ko hari ibyinshi byagezweho ariko hakiri urugendo.

Ati “Abanyamuryango b’akarere ka Nyanza ibyo twagezeho byose dukomeze kubibungabunga tubibyaze umusaruro, hanarebwa icyerekezo kigari cy’igihugu tunashyira hamwe kugira ngo tubashe kuhagera ntawusigaye inyuma.”

Umuryango FPR Inkotanyi urizihiza imyaka 35 ushinzwe abanyamuryango bayo bavuga ko bakomeje ibikorwa biteza imbere abatura Rwanda.

Muri iki gikorwa barahije abanyamuryango bashya.

Chairman w’umuryango ku rwego rw’akarere asaba abanyamuryango gusigasira ibyagezweho
Théogène NSHIMIYIMANA / UMUSEKE.RW i Nyanza
Kwamamaza
Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Onana yagiranye ibihe byiza n’abakunzi ba APR

Inkuru ikurikira

Eric Nshimiyimana mu muryango winjira gutoza Bugesera

Izo bjyanyeInkuru

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM
Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

2023/02/05 10:37 AM
Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

2023/02/05 9:59 AM
Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

2023/02/05 9:13 AM
Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

2023/02/05 8:13 AM
Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

2023/02/05 7:30 AM
Inkuru ikurikira
Eric Nshimiyimana mu muryango winjira gutoza Bugesera

Eric Nshimiyimana mu muryango winjira gutoza Bugesera

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

ITANGAZO RYO KUMENYESHA IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO

2023/02/05 1:23 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010