Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa

Mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo wakubise umwana w’umukobwa w’imyaka 6, bimuviramo urupfu, ubwo twakoraga iyi nkuru yari atarafatwa ariko ubuyobozi bwahageze. Amakuru UMUSEKE wahawe n’umwe mu baturage bari aho byabereye, yatubwiye ko ari mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango. Uyu mugabo bikekwa ko yari yasinze yakubise umwana we mu ijoro ryo ku wa … Continue reading Ruhango: Umugabo yakubise umwana we w’imyaka 6 arapfa