Tshisekedi yanze kujya mu biganiro byari kumuhuza na Perezida Kagame

Kuri uyu wa Mbere hari hateganyijwe ibiganiro bihuza intumwa z’u Rwanda n’iza Congo by’umwihariko Abakuru b’ibi bihugu, amakuru avuga ko bitakibaye. Radio Okapi ku makuru ikesha Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, yavuze ko ibiganiro byari kubera i Doha muri Qatar, uruhande rwa Congo rwanze kubyitabira. Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yanze kujya muri ibi biganiro, nyamara uruhande rw’u … Continue reading Tshisekedi yanze kujya mu biganiro byari kumuhuza na Perezida Kagame