Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Inkuru Nyamukuru

Zimwe mu ngamba u Rwanda rwafashe muri CHOGM zishe uburenganzira bwa muntu – Raporo

Yanditswe na: TUYISHIMIRE RAYMOND
2023/01/13 3:49 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umuryango Mpuzamahanga wita ku Burenganzira bwa muntu, Human Right Watch (HRW), muri raporo yayo ya 2022 ku burenganzira bwa muntu, washinje u Rwanda kwima abanyamakuru uburenganzira igihe habaga inama ya CHOGM.

Human Right Watch yakunze kenengwa kuvuga ibitagenda gusa iyo ikora raporo ku Rwanda

Human Right Watch ivuga ko muri Kamena ubwo mu Rwanda rwakiraga inama y’ibihugu bigize umuryango wa Commonwealth, CHOGM, abanyamakuru bakumiriwe kwinjira mu gihugu ngo bayitabire.

Muri iyi raporo y’amapaje agera muri 300, uyu muryango ugaruka ku iyubahirizwa ry’uburenganzira bwa muntu hirya no hino ku Isi.

Umuyobozi w’agateganyo wa Human Right Watch, Tirana Hassan, muri raporo avuga ko “Abanyamakuru Mpuzamahanga bakumiriwe kwinjira mu Rwanda hagamijwe kwirinda ko bakora mu bwisanzure.

Avuga kandi ko mu gihe cy’inama ya CHOGM, amashuri yafunzwe kandi abari mu magereza bakabuzwa gusurwa.

Raporo ya HRW ivuga  ko  uretse kuba imiryango Mpuzamahanga yaragize impungenge ziterwa no kuba hari uburenganzira bwa muntu bwahonyorwaga mu gihe cy’inama, ngo hanabaye gufunga mu buryo bunyuranyije n’amategeko no guhuhotera abakene mu gusukura umujyi wa Kigali.

Mu bindi Human Rights Watch ivuga muri raporo yayo, ngo ni uko mu Rwanda “urubuga rwa politike rugifunze”, ikanavuga ko hari abanyamakuru, abatanga ibitekerezo, n’abanyepolitike bafunzwe bazizwa ibitekerezo byabo.

Leta yahagaritse amashuri y’i Kigali mu gihe inama ya CHOGM izaba iri kuba

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

Kwamamaza
Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Basktball: K-Titans yiyemeje guhigika ikipe ziyita ibigugu

Inkuru ikurikira

Babiri mu barwanyi ba M23 bahawe ipeti rya Brigadier General

Izo bjyanyeInkuru

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

Rubavu: Polisi yarashe mu cyico umusore ukekwaho ubujura

2023/02/05 11:33 AM
Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

Bruce Melodie yatunguye umugore we amuha umuzinga w’imodoka

2023/02/05 10:37 AM
Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

Ikibazo cy’abagura Perimi z’inkorano mu mahanga cyavugutiwe umuti

2023/02/05 9:59 AM
Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

Nyamasheke: Bategetswe kurandura imboga bagatera ibyatsi bya Pasiparumu

2023/02/05 9:13 AM
Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

Ab’i Muhanga bahamije ko FPR Inkotanyi ari nka Mose wakuye Abisiraheli muri Egiputa

2023/02/05 8:13 AM
Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Nshimiye Joseph yasabiwe gufungwa by’agateganyo

2023/02/05 7:30 AM
Inkuru ikurikira
Babiri mu barwanyi ba M23 bahawe ipeti rya Brigadier General

Babiri mu barwanyi ba M23 bahawe ipeti rya Brigadier General

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

ITANGAZO RYO KUMENYESHA IYEGERANYA N’IGABANYA RY’UMUTUNGO

2023/02/05 1:23 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010