Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Itangazo rya Guverinoma ku rupfu rw’abantu 11 bishwe n’ubwanikiro bw’ibigori

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2023/02/03 5:14 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’imiryango y’abantu 11 bishwe n’impanuka y’ubwanikiro bw’ibigori bwabagwiriye, mu Karere ka Gasabo.

Ubwanikiro bw’ibigori (Archives)

Itangazo rivuga ko nyuma y’impanuka yabereye mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo mu gitondo cy’uyu munsi, aho ubwanikiro bw’ibigori bwaguye bugahitana abantu 11, Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo muri iyo mpanuka.

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko abakomeretse bajyanwe kwa muganga ubu barimo kwitabwaho.

Itangazo rigira riti “Guverinoma iratanga ubufasha bukenewe ku miryango yabuze ababo, no ku bakomerekeye muri iyi mpanuka.”

Kwamamaza

UMUSEKE wamenye ko mu bagwiriwe n’ubwanikiro harimo n’umwana muto wapfanye n’umubyeyi we.

Guverinoma ivuga ko “ingamba zo gukurikirana ireme ry’imyubakire zizongerwamo imbaraga kugira ngo dukomeze kwirinda impanuka nk’izi.”

UPDATE: Impanuka ikomeye y’ubwanikiro bw’ibigori yaguyemo abantu 10

UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Umukecuru wandikiye Perezida akarengane ke, yaburaniye i Nyanza aregwa inyandiko za Gacaca

Inkuru ikurikira

Abakuru b’Ibihugu by’Africa y’Iburasirazuba bafite inama idasanzwe i Bujumbura

Izo bjyanyeInkuru

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

2023/03/27 1:57 PM
Inkuru ikurikira
Abakuru b’Ibihugu by’Africa y’Iburasirazuba bafite inama idasanzwe i Bujumbura

Abakuru b'Ibihugu by'Africa y'Iburasirazuba bafite inama idasanzwe i Bujumbura

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010