Tshisekedi yavuze ku Rwanda mu nama y’i Bujumbura

Mu inama ibera i Bujumbura yiga ku masezerano agamije amahoro n’umutekano muri Congo yiswe Accords Cadres yasinyiwe i Addis Abeba, Perezida Tshisekedi yashinje u Rwanda. Perezida Tshisekedi yavuze ko umutekano mu karere k’ibiyaga bigari uri ku rwego ruhangayikishije, by’umwihariko mu burasirazuba bwa Congo. Ati “Mu byumweru bishize abaturage ba Congo bagiye mu gahinda kubera ubwicanyi … Continue reading Tshisekedi yavuze ku Rwanda mu nama y’i Bujumbura