Abuzukuru ba Perezida Paul Kagame bagiriye isabukuru rimwe

Umukobwa wa Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, Ange Kagame usanzwe ari umubyeyi w’abana babiri, yatangaje ko imfura n’ubuheta bwe, bagiriye rimwe isabukuru y’amavuko. Ibi Ange Kagame yabitangaje abicishije ku rukuta rwe rwa Twitter, aho yagaragaje ibyishimo afite kubera abakobwa be babiri bagize isabukuru. Yagize ati “19/7/2020 – Anaya Abe Ndengiyingoma. 19/7/2022 – Amalia Agwize Ndengiyingoma. … Continue reading Abuzukuru ba Perezida Paul Kagame bagiriye isabukuru rimwe