Mwangachuchu yasabiwe gufungwa burundu no gutanga miliyari 14 z’amadorali

Depite Édouard Mwangachuchu wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ushinjwa ibyaha birimo kuba intasi y’u Rwanda no gutera inkunga umutwe w’abarwanyi wa M23, yasabiwe gufungwa burundu no gutanga miliyari 14 z’amadorali ya Amerika. Uyu mugabo uvuka i Masisi, Ubushinjacyaha buvuga ko mu birombe bicukurwamo amabuye y’agaciro bye i Masisi, habonetsemo imbunda bivugwa ko zari … Continue reading Mwangachuchu yasabiwe gufungwa burundu no gutanga miliyari 14 z’amadorali