Muhanga: Abagizi ba nabi bishe umuzamu warariraga butiki

Kavamahanga Evariste w’imyaka 28, wo mu karere ka Muhanga, yasanzwe yapfuye, umurambo we uri imbere y’iduka yarariraga. Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa kane tariki ya 4 Mutarama 2024, bibera mu Mudugugudu wa Nyagacyamu,AKagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe  mu Karere ka Muhanga. Ni butike iri ku ruhande rw’umuhanda wa kaburimbo w’ahazwi nko kuri … Continue reading Muhanga: Abagizi ba nabi bishe umuzamu warariraga butiki