Kamonyi: Ikirombe cyagwiriye abantu babiri

Mu karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Rugarika, abagabo babiri bari bagiye gucukura amabuye baheze mu kirombe umwe avanwamo yapfuye undi akaba agikomeje gushakishwa. Ibi byabaye ku wa 31 Mutama 2024 , bibera  mu Kagari ka Nyarubuye, Umudugudu wa Ndagwa. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Amajyepfo, SP Emmanuel Habiyaremye yatangaje  ko aba bagabo … Continue reading Kamonyi: Ikirombe cyagwiriye abantu babiri