Perezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Bwongereza

Kuri uyu wa 9 Mata 2024 Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagiriye uruzinduko i London mu Bwongereza, aho yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu, Rishi Sunak. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byanditse kuri X ko Perezida Kagame na Rishi Sunak, baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u Bwongereza. Baganiriye kandi ku nkunga ikomeye … Continue reading Perezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Bwongereza