U Rwanda rwirukanye abadipolomate b’u Bubiligi
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye ku butaka bwabwo mu gihe kitarenze amasaha 48. Ni umwanzuro Guverinoma y’u Rwanda yafashe kuri uyu wa Mbere tariki 17 Werurwe, ndetse ugomba gushyirwa mu bikorwa ako kanya. U Rwanda rwafashe uyu mwanzuro nyuma yo … Continue reading U Rwanda rwirukanye abadipolomate b’u Bubiligi
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed