U Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC
U Rwanda rwatangaje ko rwikuye mu muryango w’ubukungu w’ibihugu by’Afurika yo hagati (Communauté Économique des États de l’Afrique Centrale, CEEAC) nyuma y’aho ibihugu biwugize biwukoresheje nabi, bishaka kurukumira. Iki cyemezo cyafashwe nyuma y’inama yabereye i Malabo mu murwa mukuru wa Guinée équatoriale kuwa Gatandatu, aho byari biteganyijwe ko arirwo ruhabwa kuyobora uyu muryango ariko RDCongo … Continue reading U Rwanda rwikuye mu muryango wa CEEAC
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed