Umuriro watse hagati ya Trump na Elon Musk
Intambara y’amagambo yarose hagati ya Perezida Dobald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika na Elon Musk umunyemari akaba n’umukire wa mbere ku Isi. Uku guterana amagambo kwatangiye mu cyumweru cyashize ubwo Umuherwe Elon Musk, akaba na nyiri sosiyete zitandukanye zirimo Tesla ikora imodoka zikoresha amashanyarazi, X space ndetse n’urubuga rwa X yasezeraga ku nshingano … Continue reading Umuriro watse hagati ya Trump na Elon Musk
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed