Abasirikare biyunze n’abaturage mu myigaragambyo yo ‘kwamagana’ Perezida

Umwuka mubi wa politiki ukomeje gututumba mu Gihugu cya Madagascar, nyuma y’uko bamwe mu basirikare biyunze n’urubyiruko rw’aba ‘Gen-Z’ mu myigaragambyo yo kwamagana Perezida Andry Rajoelina. Ni imyigaragambyo ikomeye yaramutse kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 11 Ukwakira 2025, mu murwa Mukuru i Antananarivo. Bwari bwo bwa mbere urubyiruko rwibumbiye mu nkundura y’aba ‘Gen-Z’ rukandagiye … Continue reading Abasirikare biyunze n’abaturage mu myigaragambyo yo ‘kwamagana’ Perezida