Musanze: Umugabo wo mu Karere ka Musanze, mu Murenge wa Muhoza, ararira ayo kwarika nyuma yo kurumwa igitsina n’umugore yishakiye. Ibi ngo byatewe n’amakimbirane, aho umugore ashinja umugabo kumuzirika mu gihe cyo kubaka urugo.
Uyu muryango uvugwamo aya makimbirane adashira usanzwe utuye mu Mudugudu wa Kabaya, mu Murenge wa Muhoza.
Uwo mugabo warumwe igitsina yabwiye bagenzi bacu ba Isango Star ko yagwiriwe n’akaga ubwo yabwiraga umugore we ngo ahindukire mu buriri.
Avuga ko ibyo yari yiteze atari byo yabonye, kuko ngo umugore yahindukiye ahita amuruma ku itama, akomereza no ku gitsina kirangirika.
Yagize ati: “Yahise abirinduka, ahita amfata n’amaboko yombi, ahita anduma hano bwa mbere. Nshatse kuzamura umugeri, numva yamanutse hasi, imbaraga zihita zicika.”
Uyu mugore warumye igitsina cy’umugabo we avuga ko yabitewe n’uburakari yatewe n’imyitwarire y’umugabo yita idahwitse mu gikorwa cy’abashakanye.
Uyu mugore avuga ko yamubwiye ko arambiwe kujya amubaza gahunda yasinze, ariko umugabo agakomeza agahatiriza.
Aragira ati: “Nanjye mpita mufata, museseramo.” Akomeza agira ati “Yaje ku neza koko, arambwira ngo ‘Nimuhe neza, njya gufata igitsina cye?’”
Akimara kubona akomerekejwe, uyu mugabo yihutiye kujya kwa muganga, baramufasha.
Ati: “Nirukanse ngeze ku muhanda, mbona munywanyi wanjye ahita anjyana kuri moto baramvura.”
Umuyobozi w’Akagari ka Ruhengeri, Mukamusoni Jasmine, nyuma yo kugera mu rugo rw’aba bombi, yavuze ko bari gushaka umuti urambye w’amakimbirane uyu muryango umaranye igihe.
Yabwiye Isango Star ko ayo makimbirane ashingiye mu buriri, aho umugabo avuga ko umugore amwima, umugore nawe agashinja umugabo kumufata nk’itungo, aho amushikanuza nawe akabyanga.
Ati: “Barashyamiranye; umugabo ngo akeneye umugore, umugore aramwangira, bararwana, umugore aruma ubugabo bw’umugabo we.”
Gitifu Mukamusoni avuga ko umugore yifuza gutandukana n’umugabo we bitewe n’igihe bamaze mu makimbirane, umugabo nawe avuga ko azarusohokamo nta n’urupfumuye.
Uyu mugabo n’uyu mugore babana mu buryo bwemewe n’amategeko, bakaba bafitanye abana batatu, aho umukuru muri bo afite imyaka 13 y’amavuko.
NDEKEZI JOHNSON / UMUSEKE.RW

Aha ndumiwe pe.
ubuse konumva abagabo tugowe,
NTABWO BYOROSHYE?
Uyumugabo Arababaje Mwabantumwe . Ubuse Uyumugore Si Inkungnzi ? Uyumugore Yashyizemo Ubugome Bwindengakamere . Ubuse Abana Baramenya Barwaza Papa Wabo Ubuheburwayi . Ubuse Papa Wabo Azabereka Uburwayi Arwaye ? Byababigayitse . Ninayompamvu Uyumugore Akwiye Guhanwa Kuko Ibibintuyakoze Ni Amahano .
ishyano ryaraguye peee
buriya uriyamugore nikiraya kabix
yiyibagije icyamukuye iwabo
Narinjyiye Kuzana Umugore Ariko Mpisemo Kurya No Kunkwa . Ibyabagore Mpisembivamo
ibintubiragoye bibiriya ivugako umugoremwiza umuhabwa nimana umugabo rero agomba kwihangana kuko uwomugore ariwe musarabawe akamenya koyagwishije ishano batanyese abona bajahe bababagiyekubahonginvubyi icombasabira nukobakwihuza
hi!,I like your writing so a lot! proportion we be in contact more approximately your article on AOL? I require an expert in this house to unravel my problem. Maybe that’s you! Looking ahead to see you.
I do agree with all the ideas you’ve presented in your post. They’re very convincing and will certainly work. Still, the posts are too short for beginners. Could you please extend them a bit from next time? Thanks for the post.
ahubwo uwo mugabo niwe uri mumakosa yogufata kungufu batabyumvikanye uwo mugore yitabaraga.
188v vom đã không còn là cái tên xa lạ với những người yêu thích cá cược trực tuyến. Được thành lập từ năm 2013, nhà cái này nhanh chóng vươn lên trở thành một trong những thương hiệu dẫn đầu, thu hút lượng người chơi khổng lồ.
188v vom đã không còn là cái tên xa lạ với những người yêu thích cá cược trực tuyến. Được thành lập từ năm 2013, nhà cái này nhanh chóng vươn lên trở thành một trong những thương hiệu dẫn đầu, thu hút lượng người chơi khổng lồ.