DR Congo: Abasaga ibihumbi 30 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina
Abantu ibihumbi 38 biganjemo abagore n'abana mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi…
Uburusiya: Minisitiri w’Ingabo wungirije yafunzwe
Ibiro bya Perezida w'Uburusiya byemeje ko Minisitiri w'Ingabo wungirije w'Uburusiya Timur Ivonav,…
Leta ya Botswana yanze ko abimukira bava mu Bwongereza bayibaho ‘umutwaro’
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Botswana yabwiye televiziyo yo muri Afurika y'Epfo ko…
DRC: Mu mezi atatu abarenga miliyoni 7 bakuwe mu byabo
Abantu barenga miliyoni zirindwi muri Repubulika Iharanira Demokarasi, DR Congo, bamaze kuva…
Amerika irasaba Thsisekedi kuganira na M23
Leta zunze ubumwe za Amerika zongeye kuvuga ko intambara ibera mu Burasirazuba…
RDC: vital Kamerhe arasatira kuyobora Abadepite
Vital Kamerhe Lwa Kanyiginyi ni we waraye atsinze amatora yo guhagararira ihuriro…
Guverinoma y’Ubwongereza yemerewe kohereza abimukira mu Rwanda
Umushinga w’itegeko ryo kohereza mu Rwanda abimukira bajya mu Bwongereza mu nzira…
LONI ihangayikishijwe na Congo nyuma y’igenda rya MONUSCO
Umuryango w’Abibumbye utewe impungenge n’umutekano w’abaturage ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa Repubulika…
Enrique Roig na Mark Billela barasabira M23 ibihano
Enrique Roig na Mark Billela ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika barasabira…
Abahanga bavumbuye petrol muri Namibia
Igihugu cya Namibia kiri muri Africa y’Amajyepfo gishobora kwinjira mu bindi bikungahaye…
Israël yihimuye kuri Iran
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki 19 Mata, Igisirikare cya…
Kenya yashyizeho icyunamo – Umusirikare mukuru yapfanye n’abandi 9
Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko yashenguwe n'urupfu rw' Umugaba mukuru…
Uganda: Ikirego cy’abashinjwa kuba intasi z’u Rwanda cyahagaritswe
Ubutabera bw’igihugu cya Uganda bwahagaritse gukurikirana abasirikare n’abapolisi bashinjwaga ibyaha byo kuba…
Umwuzure ukomeye wibasiye u Burundi
Leta y'u Burundi yafashe icyemezo cyo gushyira Igihugu mu bihe bidasanzwe, ni…
Perezida Museveni na Cyril Ramaphosa baganiriye ku ntambara yo muri Congo
Perezidansi ya Africa y’Epfo yatangaje ko Perezida Cyril Ramaphosa yahuye na mugenzi…