Inkuru Nyamukuru

Perezida Paul Kagame yageneye ubutumwa bw’akababaro Tanzania

Perezida Paul Kagame uri mu nama yiga ku gufata neza ikirere mu

U Rwanda na Congo byemeranyijwe inzira y’ibiganiro bigamije amahoro

Nyuma y'umwuka mubi n'iterana ry'amagambo bimaze iminsi hagati ya Repubulika ya Demokarasi

Abapolisi boherejwe muri Sudani y’Epfo basabwe kudasiga icyasha igihugu  

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza yibukije abapolisi 160

M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, yavuze ko

UPDATE: Impanuka y’indege yahitanye abantu 19 muri Tanzania

UPDATE: Impanuka y’indege itwara abagenzi yabaye ku Cyumweru mu gitondo, yahitanye abantu

Kenya n’u Rwanda byaganiriye gukomeza umubano wabyo

Perezida William Samoei Ruto wa Kenya yatangaje ko yagiranye ibiganiro byiza na

Kicukiro: Abasaga 100 bihannye mu giterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge – AMAFOTO

Kubera ububi bw'ibiyobyabwenge hirya no hino mu gihugu hakomeje ubukangurambaga bwo kwamagana

Abasore n’inkumi barinjira mu gisirikare ku bwinshi, i Goma abarenga 2000 bariyandikishije

Umuvugizi w'ingabo za DR Congo avuga ko urubyiruko rw'Abanye-Congo rubarirwa mu bihumbi

Rusizi: Impanuka ikomeye yahitanye umupolisi ufite ipeti rya AIP

Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru, impanuka ikomeye yabereye mu Karere ka

Amajyepfo: Uko amatsinda yafashije abagore kuva mu bukene

Bamwe mu bagore bo mu Ntara y'Amajyepfo bibumbiye mu matsinda yo kuzigama

Hamida wakundanye na Rwatubyaye yitabye Imana

Umukobwa uheruka kwemeza ko ari mu rukundo na Rwatubyaye Abdoul ukinira Rayon

Igitekerezo: Byagenze gute ko dushyingira umugeni bugacya tukajya guhemba ngo babyaye?

Ubukwe ni umwe mu mihango ikomeye yabayeho kuva na kera na kare,

Ibiganiro hagati y’u Rwanda na Congo byabereye muri Angola

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta yahuye imbonankubone na Minisitiri

Rwanda: Ingo Miliyoni ebyiri zamaze kugezwaho amashanyarazi

Ingo zigera kuri miliyoni ebyiri kuri ubu zimaze kugezwaho amashanyarazi,bisatira icyerecyezo cya

Ifoto ishobora kugira ibisobanuro 1000, iya Perezida Kagame n’umwuzukuru ivuze ibintu 2

Ifoto ya Perezida Paul Kagame ateruye umwuzukuru we mu birori byo gutanga