Inkuru Nyamukuru

Muhanga: Abatuye mu cyaro basabye Akarere kongera umubare w’abafite amashanyarazi

Abatuye mu bice by'icyaro basabye ko mu ngengo y'Imali y'umwaka wa utaha,

Rubavu: Abantu 29 bafatiwe mu mukwabo wo gushaka abakekwaho ubujura

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 26 Ukwakira 2022,

Biravugwa: Umunyamabanga wa AS Kigali n’umuryango we bimukiye muri Canada

Hari amakuru avuga ko Gasana Francis wari Umunyamabanga Mukuru wa AS Kigali,

Minisitiri Bayisenge yashenguwe n’urupfu rw’abana  batatu b’abavandimwe

Minisitiri w'uburinganire n'iterambere ry'Umuryango, MIGEPROF, Bayisenge Jeannette yashenguwe n'urupfu rw'abana batatu b'abavandimwe

Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu ntabwo zima visa Abanyarwanda bashaka kujyayo

Amabasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yanyomoje amakuru amaze iminsi

Congo yasubije u Rwanda, irushinja “kubuza ingabo zayo kurwanya umwanzi”

Leta ya Congo yasohoye itangazo risubiza irya Leta y’u Rwanda ryo ku

Kubaka Gari ya moshi muri EAC byazitiwe n’amikoro

Abadepite mu Nteko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EALA baremeza ko amikoro make

M23 yandikiye ushinzwe uburenganzira bwa muntu muri UN irega ingabo za Congo

Inyandiko ndende inyeshyamba za M23 zasohoye kuri uyu wa Kabiri, zitabaje Komiseri

FPR Inkotanyi igiye gutangiza ishuri ryigisha amahame yayo 

Inama ya Biro Politike y’umuryango FPR Inkontanyi yafashe umwanzuro wo gutangiza ishuri

Rulindo: Abajyanama b’Akarere baremeye imiryango 17 itishoboye 

Abagize inama Njyanama y'Akarere ka Rulindo baremeye imiryango 17 itishoboye, bayiha ubufasha

Nyanza: Urukiko rwakuyeho igihano ku Banyamategeko bunganira abahoze muri FDLR

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipaka ruri i Nyanza mu

Abaturage baregeye Umuvunyi Mukuru abayobozi babasaba ruswa n’ababarenganya 

Umuvunyi Mukuru, Mme Nirere Madeleine yasabye ko Ubugenzacyaha bukurikirana bamwe mu ayobozi

Umubano w’u Rwanda na Rhineland-Palatinate ntuzasubira inyuma – Dr Biruta

Minisitri w'Ububanyi n'Amahanga w'uRwanda, Dr Vincent Biruta, yashimye uruhare intara yo mu

Perezida wa Sena yanenze abashinzwe itangazamakuru

Perezida wa Sena y’u Rwanda, Dr.Iyamuremye Augustin yanenze abakozi bashinzwe itangazamakuru muri

Amavubi U23 yerekeje i Bamako – AMAFOTO

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'Abatarengeje imyaka 23, yafashe indege yerekeza i Bamako