Inkuru Nyamukuru

Polisi y’u Rwanda n’iya Malawi ziyemeje kuzamura urwego rw’imikoranire yari isanzweho

Kuva muri Werurwe 2019 Polisi y'u Rwanda n'iya Malawi bafitanye amasezerano y'ubufatanye

Nyagatare: Abaturage batambaye agapfukamunwa bavuga ko iwabo nta Covid-19 ihari

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyagatare muri santire ya Cyanyirangegene

Za mubazi zo kuri moto zagiye he? Ubujura na internet nke biri mu byazikomye mu nkokora

Impuzamashyirahamwe y’abamotari mu Rwanda, Ferwacotamo yatangaje ko ubujura ndetse n’ikibazo cya internet

Kamonyi: Umusore wakubiswe na DASSO nyuma agakurwamo ijisho ari  mu gihirahiro 

Twiringiyimana Aimable utuye mu Murenge wa Nyamiyaga mu Karere ka Kamonyi uheruka

Abacukura amabuye y’agaciro bibukijwe gusubiranya aho bacukura kuko ibidukikije ari inyungu rusange

Mu mahugurwa amaze icyumweru ikigo cy’igihugu gishinzwe kubungabunga ibidukikije (REMA)  hamwe  n’ikigo

Abarimu bavuze ko REB ishakira igisubizo aho kitari mu gukemura ikibazo cy’itangwa ry’akazi

Bamwe mu barimu bo mu mashuri atandukanye yo mu  gihugu bavuze ko

Abanyamakuru bakoreraga kuri YouTube basabye Urukiko rw’Ubujurire gukurikiranwa badafunzwe

*Bamaze imyaka 3 bafunzwe by’agateganyo, ngo “bisa no kurangiza igihano batakatiwe n’Urukiko”

Ibitera bibangamira abatuye Umujyi wa Nyagatare, ngo bisuzugura abagore n’abana

Ibitera bituye mu mashyamba yo mu nkengero z'Umujyi wa Nyagatare bikomeje kuba

Abantu 202,005 bamaze guhabwa doze ya kabiri y’urukingo rwa COVID-19

Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda itangaza ko abantu 202,005 bamaze guhabwa doze ya

Kigali: Umunyamategeko Me Bukuru Ntwari ni we wahanutse mu igorofa arapfa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rugikora iperereza ku mpamvu zateye urupfu rw’umuntu

Byukusenge Frodouard “Nzungu” washakishwaga na RIB yatawe muri yombi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 02 Kamena 2021

Ruhango: Abagore n’abagabo baraboneza imbyaro ngo babashe kurera neza abana babyaye

Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko 65%  by'abagore bagejeje igihe cyo kuboneza

Abafite ubumuga batanze impuruza basaba ko  itegeko risobanura ubumuga ryavugururwa  

Ihuriro ry’Imiryango ishinzwe kurengera abafite Ubumuga mu Rwanda (National Union of Disability

Uko La Familia Barber Shop Salon yabaye igicumbi cy’ubwiza ku bagabo n’abagore bayizi

La Familia Barber Shop ni Salon itanga serivisi zitandukanye zijyanye n’ubwiza haba

Kigali: Umugabo yaparitse imodoka ajya kwiyahura muri etage ya 4 arasimbuka agwa hasi

UPDATE: Umunyabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kimisagara, Charles Havuguziga yabwiye Umuseke ko imyirondoro