Rubavu: Hari abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bataka ubukene kubera Covid-19
Abakoraga ubucuruzi buciriritse bwambukiranya imipaka bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko…
Rubavu: Abacuruzi b’ibiribwa barasaba Leta kubagoboka kubera ibihombo batewe na Covid-19
Abacuruzi b'ibiribwa bakorera mu masoko atandukanye mu Karere ka Rubavu barataka igihombo…
Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera
*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge…
Igice kinini cya DownTown cyafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 600.000
Akarere ka Nyarugenge kafunze imiryango 22 y'inzu y'ubucuruzi iri ahazwi nka Downtown…
Kimironko: Umucuruzi umwe muri benshi bapimye ni we basanze yaranduye COVID-19
Umucuruzi umwe ni we wasanzwemo icyorezo cya Coronavirus mu bandi bacuruzi basaga…
Karongi: Batashye ibikorwa birimo isoko n’Ikigo Nderabuzima cya Bwishyura
Isoko rya Ndate riherereye mu Murenge wa Gishyita ndetse n’Ikigo Nderabuzima cya…
Huye: Abaturage basabwe gusigasira ibikorwa remezo bimaze kubakwa
Ubuyobozi bw'Akarere ka Huye buvuga ko mu rugendo rwo kwibohora, abaturage bagomba…
Abacuruza mu isoko rya Kimironko bose basabwe kwipimisha COVID-19 utazabikora ntazinjira
Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Kimironko ndetse n'abafite amaguriro hafi y'isoko (supermarket) …
Nyamasheke: Hatashywe umuyoboro w’amashanyarazi ufite uburebure bwa Km 23
Kwibohora ku nshuro ya 27 mu Karere ka Nyamasheke byizihirijwe mu Murenge…
Leta yafashe ingamba zo gukurikirana iterambere ry’abatuzwa mu Midugudu – Min Gatabazi
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Hon Jean Marie Vianney Gatabazi yatangaje ko ubuyobozi bwafashe…
COVID-19: Inzu y’ubucuruzi yafunzwe iminsi 7 nyirayo acibwa Frw 300, 000
Akarere ka Nyarugenge kafunze inyubako y'ubucuruzi ya CITIZEN CONNER iri ahazwi nko…
MINAGRI yasobanuye iby’amafi angana na Toni 100 yapfiriye mu kiyaga cya Muhazi
Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi yemeje ko amafi abarirwa muri Toni 100 yororerwaga mu…
Nyanza: Ihuriro ry’abafatanyabikorwa mu Iterambere ryaremeye abarokotse Jenoside inka 2
Ihuriro ry'abafatanyabikorwa mu iterambere ry'Akarere ka Nyanza (JADF) ryaremeye abarokotse Jenoside yakorewe…
Min. Biruta yakoreye uruzinduko rw’akazi i Vatican
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda Dr. Vincent Biruta ku wa 30 Kamena…
Ruhango: Umwaka w’ingengo y’imali ushoje abafatanyabikorwa bayitanzemo miliyari 2.6Frw
Ubuyobozi bw'Akarere ka Ruhango buvuga ko ingengo y'Imali ingana yari yatanzwe na…