Mu Turere 8 n’Umujyi wa Kigali hashyizweho ingamba zihariye zirimo gufunga amashuri n’insengero
Ibiro bya Minisitiri w'Intebe byasohoye itangazo ririmo ingamba nshya zo kwirinda COVID-19…
Umushoramari yasubijwe zimwe muri miliyoni ze yibwe amwe akabitswa Padiri
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwasubije umushoramari w'umunyamahanga amafaranga ye agera…
Banki y’Igihugu yamaganye inoti ya Frw 10,000 y’impimbano iriho ifoto ya Perezida Kagame
Itangazo rya Banki Nkuru y'Igihugu rivuga ko ifoto igaragaza inoti ya Frw…
Muhanga: Abagore bakora Business zo kwambika abageni no gutegura inama barataka igihombo
Abagore 35 bakoraga umwuga wo kwambika abageni, gutegurira inama barataka igihombo, ubu…
Inteko y’Umuco irakataje mu bikorwa biteza imbere inganda ndangamuco
Mu nama yahuje Intebe y’Inteko y’Inteko y’Umuco Amb. Masozera Robert n’abafatanyabikorwa batandukanye…
Abacuruzaga utubari bugarijwe n’ubukene, barasaba kugobokwa na Leta
Nkuko byagenze ku byiciro bitandukanye by’imirimo n’ubucuruzi, ubucuruzi bw'akabari na bwo buri…
Kigali: Abagore bakora ubucuruzi buto mu masoko atandukanye barataka igihombo batewe na Covid-19
Abacuruzi b’ibiribwa biganjemo Abagore bakorera mumasoko atandukanye mu Mujyi wa Kigali bagaragaje…
Menya imyanzuro 3 yavuye mu biganiro bya Perezida Kagame na Tshisekedi
Nyuma y'iminsi ibiri Abakuru b'Ibihugu, Perezida Paul Kagame na Antoine Felix Tshisekedi…
Depite Habineza yagaragaje impungenge ku mirimo Leta ihanga buri mwaka
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije, Democratic Green Party of Rwanda…
Min. Habyarimana Covid-19 yatumye ubucuruzi bw’u Rwanda na EAC bugabanukaho 8%
Abasenateri bagiranye ikiganiro na Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, Habyarimana Beata ku ngaruka COVID-19…
Perezida Kagame arahura na Tshisekedi i Rubavu, menya impamvu y’uru ruzinduko rwabo
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu bitangaza ko kuri uyu wa Gatanu Perezida Paul Kagame…
PAM yakiriye miliyoni 5.3$ azafasha kuzamura iposho rigenerwa impunzi ziri mu Rwanda
Ishami ry’Umuryango w’Abibimbye rishinzwe ibiribwa PAM riratangaza ko kuri uyu wa Kane…
Muhanga: Miliyoni 200Frw ategereje abo ubucuruzi bwabo bwagizweho ingaruka na COVID-19
*Amafaranga yatanzwe n’Ikigega Nzahurabukungu azagurizwa abacuruzi bishyure ku nyungu nto (8%) Ubuyobozi…
Kigali: Hoteli 13 na Resitora 40 zashyiriweho amabwiriza yihariye yo kwirinda COVID-19
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, (RDB), rwatangaje ko hoteli 13 na resitora 40 zo…
Mu Rwanda ingo zifite umuriro w’amashanyarazi zigeze kuri 63%, menya imishinga iri imbere
Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana yatangaje ko ingo zimaze kubona umuriro…