Shema Fabrice yasabye gusubikirwa urubanza
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Shema Ngoga Fabrice yasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko yasubikirwa urubanza kugira ngo we n’umwunganizi we mu mategeko, babone umwanya uhagije wo gushaka ibimenyetso ku byaha akekwaho. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 26 Kanama 2026, ni bwo Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yagejejwe … Continue reading Shema Fabrice yasabye gusubikirwa urubanza
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed