Shema Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA

Biciye mu matora yabereye mu Nama y’Inteko Rusange yahuje abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Shema Ngoga Fabrice wayoboraga AS Kigali, ni we watorewe kuriyobora mu myaka ine iri imbere nyuma yo gutorwa ku majwi 51 kuri 53. Yasimbuye Munyentwari Alphonse wari umaze imyaka ibiri kuri iyi ntebe. Kuri uyu wa 30 Kanama 2025 … Continue reading Shema Fabrice yatorewe kuyobora FERWAFA