Umuyobozi w’Ishuri wakubiswe ikintu mu mutwe yapfuye

Muhanga: Muhirwa Paulin wayoboraga GS Sholi yapfuye nyuma yo gukubitwa ikintu mu mutwe, akajyanwa kwa muganga arembye. Urupfu rwa Muhirwa Paulin wayoboraga GS Sholi rwabereye mu Bitaro by’i Kabgayi mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki ya 09/07/2026. Bamwe mu babonye Muhirwa Paulin amaze gukubitwa ikintu mu mutwe, babwiye UMUSEKE ko nta cyizere bafite … Continue reading Umuyobozi w’Ishuri wakubiswe ikintu mu mutwe yapfuye