Umuyobozi w’ishuri yakubiswe ikintu mu mutwe bamusiga aho bazi ko yapfuye
Muhanga: Umuyobozi wa GS Sholi, birakekwako ko yatemwe n’abagizi ba nabi akaba arembeye mu Bitaro i Kabgayi. Bamwe mu baturage babwiye UMUSEKE ko Muhirwa Paulin usanzwe ayobora G.S Sholi iherereye mu Murenge wa Cyeza, Akarere ka Muhanga, ubwo yari atashye iwe mu rugo, abantu bamuteze bamutema mu mutwe bamusiga ari intere barahunga. Muhirwa Paulin atuye … Continue reading Umuyobozi w’ishuri yakubiswe ikintu mu mutwe bamusiga aho bazi ko yapfuye
Copy and paste this URL into your WordPress site to embed
Copy and paste this code into your site to embed