Itangazo rya Guverinoma ku rupfu rw’abantu 11 bishwe n’ubwanikiro bw’ibigori

Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’imiryango y’abantu 11 bishwe n’impanuka y’ubwanikiro bw’ibigori bwabagwiriye, mu Karere ka Gasabo. Itangazo rivuga ko nyuma y’impanuka yabereye mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo mu gitondo cy’uyu munsi, aho ubwanikiro bw’ibigori bwaguye bugahitana abantu 11, Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo muri iyo mpanuka. Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko abakomeretse … Continue reading Itangazo rya Guverinoma ku rupfu rw’abantu 11 bishwe n’ubwanikiro bw’ibigori