Biroroshye hagati y’u Rwanda n’u Burundi, i Rusizi bariga uko ‘Jeto’ yafasha abaturage kwambuka

Abayobozi b’Intara y’Iburengerazuba, iy’Amajyepfo mu Rwanda n’iya Cibitoke mu Burundi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023, bari i Rusizi, aho bari  kugirana ibiganiro bigamije gukomeza gutsura umubano w’ibihugu byombi n’uko abaturage bakwambuka umupaka bakoresheje agapapuro kitwa ‘Jeto’. Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi,Dr Kubiriga Anicet, yavuze ko uru rugendo rufite byinshi ruvuze ku mubano … Continue reading Biroroshye hagati y’u Rwanda n’u Burundi, i Rusizi bariga uko ‘Jeto’ yafasha abaturage kwambuka